Комментарии:
Iyi foto ntikwiye mama pastor
ОтветитьGarukira aho wamaze guta umuhamagaro, suko wahamagawe
ОтветитьReka ndamubwire ntakintu nakimwe wokora umugore canke umugabo afise ingeso yubusambanyi ngo ntaguce inyuma. Akame kamuntu kari mumutima we.urinze uja hanze ngugiye kurondera ivyobadagukorera munzu uburindaya ntakindi.umugore wumutima canke umugabo wumutima nubwo ivyo vyomuburiri bitagenda neza muraguma mugakundana kandi mukubaka urugo rwiza.ivyo muburiri numwumvikano womurugo ntaho bihuriye.ubwo se nawe mwatandukanye numugabo kubera mugitanda bitagenda neza?😂😂😂
Ответитьuhezagigwe muvyeyi wigisha ukuri bari bakwiy kumvira inyigisho zaw nanj ndagushimiy
ОтветитьEse KO utakimufite wabihariye ababafite bakabyigisha
ОтветитьMamacharlene garukiraho ivyawe vyaranse wigisha ibiki uwawe yaragutaye
ОтветитьMbega ujawibuka ko abanabawe barigukura umwuka wivyowahozemo uracakuzererako
ОтветитьKwimenyereza kwumubiri gufite umumaro kuribike.garukiraho kwigisha
ОтветитьUkuri kwuzuy pe.
ОтветитьMana Nyagasani kare kose wabagahe koko
ОтветитьBivuge rata kuko benshi bavuga agakiza ariko ibisenya ingo ntibabivuga. Yesu arabyemera niko bikwiye. M.charlene numuhanga ahubwo yatinze ahantu.... ariko iki nicyo gihe
ОтветитьUmuntu wakubonye uri kwigisha inzira y umusaraba ntiyakubona warabivanze, ibyo nibyo Yesu yasize avuze ngo mujye kwigisha??? Waratandukiriye maman garukiraho.
ОтветитьAriko koko ibikomere byica nabi.
Ubu koko uyu muntu azemera ryari ko yatombotse?
Ubu se uburaya arabusobanura ko buvuze iki?
Ese we umubiri wawe wowe uwunezereza kwa nde na nde ko warenzwe ukanga Claude?
Uzagera aho ubivuge byose ubyerure kuko n'ubundi nta cyo uhishe .
iphoto nkizo kumukozi w,Imana va mwitorero ushakishe amahera kuko ndabina ubutunzi bwaraguhabuye,vyukuri ndababaye.
Ответитьndumiwe,niba uyu mungore ahagarara mwitorero akavuga ijambo ry,Imana,vyukuri uratukishije Izina ry,Uhoraho.
ОтветитьUrambabaje uraguye pee !!!
ОтветитьUmpaye ikaze se ngo nze unyigishe practice muburiri ko byananiye?
ОтветитьWowe ubikorerwa nande?
ОтветитьMama Charlene wigisha neza ijambo ry'Imana, ariko topic zabagabo nabagore zireke kuko nawe byarakunaniye wanze kubabarira umugabo wawe, ntabwo wakwigisha ibyo utashoboye
ОтветитьImana ikugarukeho kuko ubivugisha ibikomere wifitiye ubwo subutumwa bwiza urimubucuruzi
ОтветитьY
ОтветитьAriko wakigore we ugira ubwenge kora uburaya ukure Imana mukanwa kawe Imana niyera nabayivuga bagomba kuba bera warayombye, ubwose wirirwa uvuga ubusambanyi udafite umugabo bwira ntuje gusambana koko?
ОтветитьIbyo utashoboye mu rwawe! Rukarinda rusenyuka ntabyo ufite, nicyo wahoye uwawe se? Mbona uvuga ubusa gusa kandi kera narakwemeraga. Gusa icyagusenyeye ndacyumvise
ОтветитьYesu nImana bavuze urukundo
ОтветитьAliko nukuli ayo madini bagomba kuyahagalika sha uwomugole ndabona ali ndayi iryontashuli yigishoshwe mbona ese ko umugabo yamutaye kandi yarazi gufata neza. Ahubwo numusazi kuko mu bible ntaho byanditswe.
ОтветитьUshoje nabii
ОтветитьIzoninyigisho zabubatse zivugigwa inyuma ya kameraaa , mumasengsho yabubatse niyobikorerwa , aha kuri réseaux sociaux harabna batabikeneye kko hataragera,
ОтветитьBitey isoni, muba mwabuze ibyo mwigisha?
ОтветитьMwarayombye
ОтветитьAhhh, mbega umugore ?
ОтветитьAriko rwose uyu Mugore arikwigisha ibikomere atunze ubu SI ubutumwa bwiza
ОтветитьGarukiraho ko warayobye,Elie yabwiye abahanuzi ba bayari ati niba ari Imana muyikorere kandi nibari bayari mumukorere.
ОтветитьArko sinzi impamvu wigusha ibyakunaniye mubyeyi dukunda ,uzabanze ushake umugabo noneho tuboneko uguwe neza ubundi utwigishe
ОтветитьKomereza aho
ОтветитьRata maman Charlene wamenye ubwenge peee wisubiyeho kbs
ОтветитьByarakunaniye none urimo kwigisha abandi
ОтветитьMfite impungenge ko .......dushobora gusanga imarigalita zacu turi kuzijugunyira ingurube....biramutse ari uko bimeze zazaduhindukirana zikaturya.
ОтветитьIbyo uvuga birasa n'ukuri ariko rero Mama dusuzume neza dutekereze 2 sinzi niba missions ya Yesu tutaribusange igenda igabanuka ugasanga turi kwiga isi kuruta uko twiga ijuru.
Nyamara nitwiga iby'ijuru tukabibamo iby'ibyisi bizizana doreko twabyemerewe mu ipaki y'inyongezo
Ese umuntu tutwa indaya cg umuhehesi iyo Byagenze gute ?
ОтветитьAriko uyumugore ni muzima ? Ibyiwe know byamunaniye ubu yagiye yicecekera koko
ОтветитьMama charlen mumugire inama niyigishe ijambo ry'IMANA uko akwiye kuryigisha areke gucira imanza amaso y'abagabo. Ikindi niba harumugore wamuregeye umugabo ko atamuhaza niyegere uwo mugabo amugire inama kuko iyo avuze muri rusange harimo abadafite icyo kibazo
ОтветитьMukunda views da
ОтветитьUrasaze karabaye ariko Mada ubwo kubijyanye nokubaka ubwokoko wumva Hari ijambo ufite koko yewe ntanama zawe dukeneye nawe utigiriye twe tuzubakirwa n' Imana we izo nama ujye uziha abataye umutwe nkawe urumva neza?
ОтветитьAgashoferi niko kagayitse? Wahihendeye,ko twaminuje wokaturangirase
ОтветитьRero ibyo urukuvuga urabiterwa nokutagira umugabo ugahora uvuga ibigambo ngurigusha😂
ОтветитьCourage rwose turagukunda
ОтветитьWaravangiweee
ОтветитьBirabuze noneho ngo za bibiriya zanyu
Bantu b’Imana ntitwemerewe gukurikira abikigihe
Umeze nka wa muntu wavuze NGO umva ibyo mvuga nturebe ibyo nkora.....Nkubaze wigisha abandi ibyakunaniye cg wigisha. Abandi ibyo washoboye !!! Ibi biganiro ntibigukwiriye kuko wasenye urwaye none wakubaka izabandi gute?Nsubiza rwose
ОтветитьKwa buryohe bo umuco bawuhinduye ico!!!! neza neza!!!
Bafata ibyo bagakoreye mucyumba bakabizana kugasozi!
Erega ntasoni bakaza gutambikiza imbere ya camera! numwarimu wigisha kubyaza abyigishiriza mwishuli bikamenywa nabanyirabyo ntago ajya kumuhanda ngwabyigishe none wowe buryohe ukora mumaguru yumugore kukarubanda!!!!
ngonamafranga !!!!!