Niyonsenga Dieudonne, umunyamakuru wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye mu Rwanda, avuga ko yabujijwe amahoro n'umunyemari witwa Twagiramungu Jean Marie wamwanditseho imitungo igizwe n'imodoka zifite agaciro k'amafaranga y'u Rwanda akabakaba miliyoni 400, ibi ngo bikaba byaratumye kugeza ubu arimo umwenda munini w'imisoro kandi nta bikorwa by'ubucuruzi yigeze, kandi ngo nta mutuzo afite kuko uwamwanditseho iyo mitungo ahora yigamba ko azamugirira nabi.
Тэги:
#Rwanda; #Funny; #Comedy; #love; #sex; #kigali; #Police; #Africa; #Burundi; #Uganda; #photos